in

Gisubizo ministries itaza itsinda yikuye mwirushanwa

Itsinda rikora umurimo w’ Imana rizwi nka Gisubizo ministries risanzwe rifatwa nka ministerie zimwe muzambere zikomeye mwisi nyuma yo kugerageza gukina akabumbu ngo barebe ibyo bakora munsengero nko kuririmba ndetse nibindi bikorwa bijanye no gusenga basanze atari ibintu byabo.

Kuririmba byo barabishoboye

Iritainda ubusanzwe riririmba neza ariko mukibuga byaranze kugeza ubu ntamukino bari batsinda yewe nimikino ine iheruka batsinzwe ibitego birenga 20, nyuma yo kubigenzura ko impano yabo atarugupiga baremeye ikipe yabo bemera ko idashoboye.

Mumpera zukwezi kwambere nibwo hamenyekanye irushanwa ryaza ministerie nabakanisa gusa gisubizo isanzwe itazitsinda yahise irihungira kure cane ko bagombaga kwitabira aruko batanze ibihumbi ijana nkandi ma ministerie yandi gusa bo babonye ko nubundi gutsinda bitabaho bemera kutitabira batazatsindwa bakanaribwa amafaranga yabo.

Ubabonye wagira ngo bari seriye

Iri rushanwa tubibutsa ko ariryo birukanyemo zone243 bayiziza ko ntaho ihuriye namakolari.

Zone 243 fc yamaze yo kwirukanwa

What do you think?

Written by Admin

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

GIPHY App Key not set. Please check settings

Ndanyuzwe Jotham n’umwanditsi akaba n’umuvugabutumwa agiye gusohora igitabo cyitwa ‘love across all languages’

Zone243 yatsinze inashingira Myugariro wayo