in ,

Inzitizi ubutumwa bwagize mubanyamulenge 

Muri 1959 haje imbyino zitwa: Ntamakemwa na Chihariza bihangura abakristu (baranywa barabyina barasinda baragwa)

· Muri 1962 Habaye ububyutse buvuye ibubembe bwitwa Maruba bwaranzwe n’amafuti amwe n’amwe; bituma butemerwa cyane kuko bakoreshaga ibintu bisa ni ibyo 

mw’isezerano rya kera (inkoni nk’iya Mose, amazi n’amauwa munzu z’amaombi.). Muri icyo gihe Mu mikenkenke habonetse umugore witwaga Rebeca wakoraga ibintu bimeze 

nk’iby’ubutawa ari nabwo haje ba MARIYAMU Kinyamarura. Ariko nanone hari abantu bakiriye ububyutse bukomeye (abenshi bishwe n’intambara yo kugatongo no kuri kirumba ) 

· Muri 1968-1969 amatorero yafi ya yose yayobotse Ikabera ku muhanuzikazi MARIYAMU KINYAMARURA, amatorero yose ayoborwa n’ubuhanuzi bw’Ikabera; Utarajagayo yafatwaga nk’umunebwe; abapasiteri ntibaba bagitegeka amakanisa 

ahubwo ayoborwa n’Ikabera bisa naho Kumvira ari ukuyoboka ikabera.Muri 1980-1981 Bijombo, Bijojwe na Muzinda bava Muri CEPEZA batangira CADZ, ubwo habaho gupingana cyane MARIYAMU nawe abigiramo uruhare rukomeye kurusha abari batandukanye ubwabo; bitinze amatorero amwe atangira guta iyo myumvire y’Ikabera, hasigara CEPEZA n’igice kimwe cya Methodiste. 

· 1996 MARIYAMU arapfa ariko haza gusigara abantu bari bashigikiye imyumvire y’ikabera nabo baza gucikamo bavukamo abitwa abacomite bazwi kw’izina rya Mabungo nayo 

yaje gucikamo ivamo abandi bitwa NYAGASHAMBA. Twibajije icyazanye ayo macakubiri: mubasaza twaganiriye abenshi 

What do you think?

Written by Admin

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

GIPHY App Key not set. Please check settings

Bimwe mu bitangaza byabereye i Mulenge igice cyambere

INGARURUKA NZIZA ZAMACAKUBIRI MUMADINI YABANYAMULENGE