in ,

INGARURUKA NZIZA ZAMACAKUBIRI MUMADINI YABANYAMULENGE

Twibajije icyazanye amacakubiri mumadini yabanyamulenge muriyiminsi ariko ubushakashatsi twakoze twasanze ataribyubu ahubwo aribzakera twagiye twifashisha inyandiko zabahanga ndetse no kubaza bamwe mubakuru.

 Mubasaza twaganiriye abenshi batubwiye ko byatewe no kwiyemera (abantu bakavuga ngo nitwe tuzi ukuri), byatewe kandi no kudasoma Ijambo ry’imana (kuyoborwa 

nibibavaho gusa {sentiment privé} bitava muri Bibiliya) Kuri none umuco n’idini byamaze kwivanga kuburyo ubukristo bumaze kuganza umuco; ibyo bikaba bifite ingaruka mu buryo bubiri: 

uburyo bwiza n’uburyo bubibi. 

Uburyo bwiza: bikumira ibyaha byinshi, n’uburaara, kuko udakijijwe afatwa nk’uwananiranye mu muryango, bityo bigatuma umuryango nyamulenge udahungabana. 

Uburyo bubi: kuba ubukristo bwarahindutse umuco bituma Abanyamulenge badaha agaciro umuco wabo, ikindi nuko benshi badakizwa ahubwo bakabigira akamenyero, ugasanga Abanyamulenge benshi bazi imana ariko atari abakristo

Iki akaba arico kibi cane mubyateye ubungubu kuko uja mumakanisa ugasangamo abantu bakijijwe benshi ariko mubzukuri hanze y ikanisa arabapagani babi cyane kikaba arikibazo gikomeye mumuryango wabanyamulenge.

What do you think?

Written by Admin

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

GIPHY App Key not set. Please check settings

Inzitizi ubutumwa bwagize mubanyamulenge 

Zimwe muntambara barwanye igice ca mbere