in

Irihose Gentil yasabye Murekatete Magnifique kuzamubera umugore nyuma y’imyaka irindwi bamaze mu munyenga w’urukundo.

Niyinga taliki 11/01/2024 nibwo umutoza wa 243 fc yasabye umukobwa yihebeye kuzamubera umugore anamwambika impeta nkikimenyetso cy’urukundo amaze imyaka irindwi amukunda.

igikorwa cyabereye muri hotel de mille collines

Amakuru avuga ko uyumwaka uri buze kurangira banasezeranye mumategeko ndetse n’ imbere y’ Imana aho biteganyijwe mukwezi kwa gatandatu cangwe mukwa karindwi.

ibyishimo byari byose kumpande zombi

Gentil ubusanzwe uretse kuba atoza Zone 243fC akora ibijyanye no gufotora ndetse no gutunganya amashusho naho Magnifique akaba acuruza imikufi mu mugi wa Kigali.

Gentil na Magnifique
Urukundo rwabo rumaze igihe kinini
Gentil wikundira kwambara isapo
ubwo gentil yari yarangije amashuri
nurukundo rwakera Gentil agifite umusatsi
magnifique yajyanishije numukunzi wiwe
urukundo rwabo nurwo kwigiraho na benshi

What do you think?

Written by Dave

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

GIPHY App Key not set. Please check settings

Zone243 yatsinze inashingira Myugariro wayo

Quiz 5