in

Zone243 FC igiye kwerekeza i Gisenyi mumukino utoroshe na Methodist

Ikipe ya Zone243 FC ni ikipe igizwe nabasore babanyamulenge yashinzwe mumpera zumwaka wa 2022 inokipe ikaba yaratangiye imikino yayo yambere mumwaka wa 2023 ubwo bakinaga umukino wayo wambere nikipe y’ umurenge wa Niboye ikorera mukagarama bikarangira iyikipe inganyije.

Zone243 nikipe ikomeye kugeza kurubu mugihe cumwaka imaze ifite igikombe kimwe ca Mulenge Super cup yatwaye inyagiye ikipe y’ Isooko National ibitego 2-0, ikaba inafite agahigo ko kuba itaratsindwa umukino numwe kuva yashingwa.

Kurubungubu ikipe ya Zone243 nyuma yo gutsinda amakipe atandukanye nka Calvary, Gisubizo ndetse na Impessa FC ubu ifite umukino wayo wambere igiye gukinira hanze aho izajya muburengerazuba bw’ u Rwanda mukarere ka Rubavu mumugi wa Gisenyi ni mumukino uzayihuza na Methodist Team ikipe yitorero rya Methodist ribarizwa mukarere ka Rubavu.

hari havuzwe ko umukino wayo uzayihuza na Blessing gusa byaje guhinduka kubwimpamvu zitandukanye batashatse kudusobanurira birambuye.

Urutonde rwabakinnyi rushobora kuzifashishwa niyo kipe ya Zone243 Abakinnyi:  Espoir, Masamake, Etienne, Bonk, Depute (C), Frank Special Force, Cedric Semahoro, Muramira, Laurent, Rozdi, Abidal, Shyaka, Bonk,⁠ De gea, Ahishakiye H.

Staff: Gentil, Michel, Eric, Bonheur

What do you think?

Written by josh

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

GIPHY App Key not set. Please check settings

Inda nini nuburozi| bimwe mubyarangije Impano zabana bacu

King Elly nyuma yigihe yongeye gusohora