in

Zone243 yanyagiye calvary itaha irira nkabana

Umukino wahuzaga ikipe y’ urubziruko rwa Calvary ndetse nuwabasore ba Zone243 isanzwe ibarizwa kuri Instagram washize uraba, umukino utari woroshe kumpande zombi.

Umukino wabanje gutinda gutangira kubera ko ikipe ya Calvary yarwaniraga abakinnyi ba Zone243 ivuga ko bose bigeze kuyisengeramo gusa biba ibyubusa kuko abenshi banze kuja muri Calvary bakinira zone uretse umukinyi umwe bita Fred baje gutwara kera yamaze kwambara umwambaro wa zone.

Umukino waje gutangira amakipe asa nayatinye gusa kumunota wa 22 kumupira waruhinduwe na Ntagawa thierry umukinnyi wa Calvary yahise yitsinda biba 1-0, umukino urakomeza Cakvary ariko ishaka igitego kumunota wa 30 kwishoti rikomeye umukinnyi winyuma wa Zone yagerageza kuwufunga aba akozeho nukuboko bahita bahana Penalty biba bibaye 1-1 gusa mugice cambere kitararangira Ntagawa Thierry yaje gutsinda birangira 2-1.

Ntagawa Thierry watsinze igitego cya kabiri

Igice ca kabiri abakinnyi kumpande zombi basaga nabarushe ariko hakiganzamo gukina nabi kwabasore ba Calvary yari yatsinzwe bagendaga banasimbuza nko kuruhande rwa Zone Masamake, Thierry baje kuvamo hinjiramo Frank na Eric bari babanje hanze, umukino abasore nka De gea, Bonk, Thierry, Depute, Muramira ndetse nabandi bitwayemo neza biza no kurangira batsinze 3-1.

Abatoza ba Zone243 twabegereye batubwira ko batishimiye intsinzi kuko ngo nubwo batainze ariko batakinnye neza nkuko babishakaga.

Muramira wagoye cyane ikipe ya Calvary
Frank umwe mubateje impagarara Calvary ishaka ko ayikinira

What do you think?

Written by Admin

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

GIPHY App Key not set. Please check settings

Miss Mulenge yanze gutanga ikamba nyuma yo kubomboka

Ukuri kucyakuye Apotre Christophe kwa Masengo (Foursquare)