in

Miss Mulenge yanze gutanga ikamba nyuma yo kubomboka

Miss Mulenge muri rusange ni irushanwa ryubwiza rimaze imyaka igera muri itanu dore ko ryatangiye mumwaka wa 2019 ritangirira mugihugu ca America riza no kwegukanwa na Nyampinga wa mbere wabayeho ariwe Miss NYABYIZA Judith.

Mumwaka wa 2022 irirushanwa ryagarutse ariko abaritegura naho ribera ryarahindutse dore ko jyaje jyitwa Miss Mulenge East Africa na Nyuma rikagaruka ari Miss Mulenge World yose akaba aramarushanwa yabereye i Nairobi muri Kenya wakwibaza impamvu imitegurire iba arimwe ariko amazina akaba ahora ahindagurika gusa ibi tuzabibabwira nabyo.

Nkuko bisanzwe bikorwa mumarushanwa y’ubwiza aho amakamba ahererekanwa kubacyuye igihe nabasha babatera ingabo mubitugu k’urugendo batangiye siko byagenze mwirushanwa rya Miss Mulenge rimaze iminsi ribereye mu gihugu ca Kenya.

K’umunsi waryo wanyuma abandi bahererekanye amakamba nkuko bisanzwe  bigeze ku wabaye miss ntiyigeze ajya imbere kuriha mugenzi wiwe dore ko yari yanatashye bamushatse bakamubura aho byari byabereye ibintu byababaje benshi.

Nyuma yaje gukora ikiganiro kibishyiraho umuco avuga ko mubyukuri kuri we ikamba afite ntawe wigeze arihabwa asobanura we ko ari Miss East Africa kandi uwabaye Miss yahawe ikamba rya Miss World.

Ntibyavuzweho rumwe namba abenshi bavuga ko ari agasuzuguro cangwe gutesha agaciro igikorwa agaragaza ko we akiri Miss mugisate ciwe ca east Africa abandi bakavuga ko yarakwiye guhita yamburwa ikamba umunsi acika iwabo akajya kwishingira dore ko nta nyampinga wumugore ubaho.

What do you think?

Written by Admin

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

GIPHY App Key not set. Please check settings

Israel Mbonyi yongeye Kwandika Amateka atazibagirana

Zone243 yanyagiye calvary itaha irira nkabana