in ,

AMATEKA YOSE NIBIGWI BYA MGR GAPANGWA JEROME.

Amazina: MGR Gapangwa jerome yavutse 1938

Umurara:  Umusita w’ Umugwera
Umwishywa: W’ Abasegege
N’aho yatuye: Mububiligi, Bukavu, Mubutaliyani
Atuye: Mububiligi
N’igihe ahamaze: imyaka irenga 20
Ibyakora: Musenyeri
Yavutse (taliki): 01/01/1938
N’aho yavukiye: Karongi/Uvira
Yatangiye : 20/08/1972

MGR Gapangwa jerome yavutse  01/01/1938 ni mwene rwunamira akaba ari Musenyeri akaba numupadiri kugira ngo mubashe gusobanukirwa neza akaba ar’ Umusita W’ umugwera akaba arinawe munyamulenge wambere wabaye Docter anaba umupadiri wambere mumateka,  mukiganiro yatanze yavuze ko
“ ubusanzwe Abanyamulenge ntitwari tuzwi  nanditswe 1942 ariko mubyukuri navutse muri 1938 navukiye mukarongi uvira”.

yakuriye bubembe Minembwe kugeza 1952 baza kwimuka bajya murutabura 1953 angira primaire se niwe wamuhaye uburenganzira bwo kwiga aho bigaga kuri chapelle yabakoroni bivugwako yari umuhanga cyane ariko icyogihe bigaga umwaka umwe gusa.

1954 yagiye i Baraka gukomeza ishuri mpaka 1958 kuko bigaga imyaka 5 gusa ninaho yarangirije Primeri akaba ari naho yifurije kuba padiri kubera aribo babigishaga ariko bakaba abazungu, gusa yatewe courage kubera umupadiri wumwirabura waru uvuye i Kasongo , byatumye asaba Musenyeri bita Claire Richard ko yamwakira akandikwa mwiseminari aramwemerera ajya gusaba I Baraka bamwemerera kwandikwa muri seminari nto ya kangombe aho yaje kuva ajya i bukavu ahigira indi imyaka 4 ubwo yasozaga 1966 akaba aribwo yinjiraga muri seminari nkuru mpaka 1972 abaye padiri i Baraka aho yarayoboye.

mungombe yahakoze 1972-1976 arumwungiriza.

1976 yagiye i Roma atangira kaminuza yiga amateka yitorero y’ Imana cyane catolic.

1983 yarafite doctorat.

1983 yabaye chanceliye wa Diocese ya Bukavu.

01/07/1985 yagizwe musenyeri.

ariko yasengewe 20/10/1985 diocese ya uvira.

kubera ivangura no gushaka kumwica yaje guhunga ajya i Roma mubutariyani gusa nyuma arahava ajya mububiligi akaba arinaho akorera, avuga ko ababyeyi be bababuzaga gusenga kuko nibwo byari bikiza gusa kubera ishuri barabareka bajya kwiga, ariho yize akananajya i bubembe yigiye primaire bimwe mubyamutunguye kuba se yaramwemereye.

Imbogamizi yavuze yagiye agira harimo  (kurwara uri kure yiwanyu, irungu nibindi,..).

What do you think?

Written by Admin

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

GIPHY App Key not set. Please check settings

TUBAMENYE: AMATEKA YA NIYONKURU PATRICK UZWI NKA NIYO D

UBUSAMBANYI| KUGUMUKA MUBA PASTOR BAMAKANISA YA NAIROBI.