in

Ubuzima bugoye Dr Sam na Papa legend banyuzemo muri Afrika

Papa legend na Dr sam nabasore babanyamulenge bamamaye mumyidagaduro nyamulenge kubera ibikorwa byinshi bamaze gukora aho icamenyekanye ari nkirushanwa rya Miss mulenge riheruka kubera mugihugu ca Kenya.

Aba basore rero ubu bakaba bari mugihugu cya Kenya aho bari gutegura irushanwa rya Miss mulenge World, kumunsi wejo bakaba baraganiye nitangazamakuru bavuga kuri byinshi byababayeho bari muri Afurika ndetse nibyo bacamo mugihugu ca Amerika batuyemo.

 Papa legend yavuze agahinda yatewe no kubura umubyeyi we umubyara bikamuviramo ubuzima bubi cyane dore ko yakozeho akazi ko gucuruza sosiso ndetse ninkoko.

Nikiganiro kirekire yanagarutse kumuyobozi wikigo yigagaho bita Baraza kubera uko batsindaga cyane we na murumuna we, akaba arinayompamvu ibikorwa byinshi byo gufasha babikunda kandi badateze kubireka.

Ubwo Dr Sam yahabwaga umwanya yanavuze uko bimukiye muri Kenya bakirangiza amashuri abanza, mugihe bari bamazeyo umwaka wambere bari babayeho neza gusa baza kugira ibyago se arapfa ubuzima burabakomerera ariko 2018 Imana yabaciriye inzira berekeza muri leta ya America babasha kwiga ibintu byinshi bitandukanye harimo ibijyanye nubuvuzi ndetse n’ ikoranabuhanga.

Kugeza ubu bamaze gutegura ibikorwa bzinshi bijanye no guteza imbere urubziruko rwabanyamulenge.

What do you think?

Written by Admin

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

GIPHY App Key not set. Please check settings

2. KUNKA

Israel Mbonyi yatumiwe na Prezida wa Kenya William Ruto