in ,

Amwe mumagambo yubwenge yavuzwe na KARUCIYE

Karuciye numusaza wumunyabzinshi wabayeho mumyaka yambere akagira ibikorwa n’imvugo zubwenge tukaba twabateguriye bimwe mubyo yavuze mugihe yarakiriho.

Karuciye
1 Inka mbi niyo nziza: Ibi yabivuze mu mwaka wa 1972 nyuma yo guhabwa inka mbi cyane bari gukwa umukobwa we yamara ikabyara inyana umunani nikimasa kimwe. Ibi akaba anabihuza numuntu aho avuga ko : 
Umuntu ataba mwiza urebeye kwisura kuko ubwiza ari kumutima.
2 Hakwiriye kurwara umugabo hagapfa umugore: ibi yabivuze yumvikanisha ko umugore ashobora kurwaza umugabo yarwaye ariko umugabo adashobora kubikora. asobanura : 
“umugore iyo apfushije umugabo atabyaye umugore asubira iwabo akazashakwa ahandi umuryango wumugabo ukazima mugihe umugabo upfushije umugore atarabzara aba azana undi umuryango ugakomeza kubaho “.
3 Urambuze nanjye ndakubuze: ni amagambo yabwiye umwana we wari ugiye umubunga atabishaka amare aramubwira ati: 
“genda ariko nkuko nkubuze nawe urambuze”.
4 Intumbi zihagaze nizo nyinshi: aha ninyuma yo kumenya ko abana babasirikare bari bapfuye kubwinshi we akavuga ko ikibabaje ari intumbi zihagaze.
5 Isi yarisanganywe ba se none ubu yabonye nyina: Igihe umukobga wa mbere w’umunyamulenge abaye umutegetsi i Murenge, Karuciye byaramutangaje cane. Aravuga ngo isi yarisanzwe ifite ba se none yabonye nyina.

hari nandi menshi yagiye avuga naho avuga igihe bamwatse Icumbi kukabara hanyuma umushitsi amusaba kwitonda nawe akarisaba aho acumbitse bivuze ko umugabo acumbitse kumugore).
yanavuzeko Umukwe aruta umwishywa kuko umukwe azamara akabyara undi mwishywa ikindi yavuzeko Umugisha ninkuko ibyiyoni biharara kurara kugiti kimwe bwacya bikimuka ntawe bigishije inama.

What do you think?

Written by Admin

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

GIPHY App Key not set. Please check settings

UBUSAMBANYI| KUGUMUKA MUBA PASTOR BAMAKANISA YA NAIROBI.

IRUSHANWA RYA MISS MULENGE WORLD RYABONYE NYIRAJYO